Imikino isoza umunsi wa Gatanu wa Shampiyona y’u Rwanda yakinwe kuri uyu wa Kane tariki 8 Ugushyingo 2018, yasize Rayon Sports itsinze Bugesera FC ibitego bitatu ku busa birimo bibiri bya rutahizamu
Wari umukino w’umunsi wa Kane wa Shampiyona y’u Rwanda. Umutoza Robertinho utoza Rayon Sports yayoboye ikipe yakinnye idafite Bimenyimana Bonfils Caleb wahawe ikarita itukura.
Ikipe ya Mukura Victory Sports & Loisir ikoze ibyo itaherukaga mu myaka myinshi ishize aho itangira shampiyona imara imikino 4 iyitsinda.
Ikipe ya AS Muhanga yo mu ntara y’ amajyepfo ikomeje gutungurana muri shampiyona y’ uRwanda aho ikomeje inzira yo kwitwara neza yiyemeje kuva yazamuka mu kiciro cya mbere uyu mwaka yabishimangiye
Bimenyimana BonFils ‘Caleb’ rutahizamu wa Rayon Sports yasabye imbabazi nyuma yo gusobanura icyamuteye gukubita umufana mu mukino Rayon Sports yari yasuyemo Sunrise FC i Nyagatare.
Rutahizamu wa Rayon Sports Bimenyimana BonFils ‘Caleb’ yarwanye n’ umufana wari winjiye mu kibuga mu mukino ikipe ya Rayon Sports yari yasuyemo Sunrise FC I Nyagatare.
Ikipe ya Mukura Victory Sports yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa Kabiri wa Shampiyona wakiniwe kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo kuri iki Cyumweru, tariki ya 28 Ukwakira 2018.
Ibitego bya Nshuti Savio na mugenzi Hakizimana Muhadjili nibyo bitumye ikipe y’ ingabo zi’ igihugu itahana amanita atatu imbere y’ ikipe yo mu birunga Musanze FC itabashije kubona igitego ku kibuga
Ikipe ya Rayon Sports FC niyo ibashije kwegukana igikombe cya shampiyona Azam Rwanda Premier league 2016-2017 nyuma yaho itsindiye Mukura VS bigatuma irusha APR FC manota 13 mugihe hasigaye imikino
Biraba ari ibicika mu mukino w’ amateka hagati y’amakipe abiri ahora ahanganye hano mu Rwanda aho APR FC izaba yakiriye mukeba wayo w’ ibihe byose Rayon Sports mu mukino utegerejwe kwerekana ikipe