Abasore bakomoka muri Brazil Oscar na Hulk batwaye igikombe cya shampiyona y’ ubushinwa Chinese Super League hamwe n’ ikipe ya Shanghai SIPG bakuraho ingoma y’ ikipe ya Guangzhou Evergrande yarimaze
Umufaransa wahoze atoza ikipe ya Arsenal Arsene Wenger wari umaze amezi makeya adafite ikipe atoza bivugwa ko agiye kugaruka muri aka kazi aho agiye kwerekeza mubutaliyani.
Ikipe ya Paris St-Germain yo mubufaransa yakuyeho agahigo kari gafitwe n’ ikipe ya Tottenham yari ikamaranye imyaka 58 yose aho PSG yabikoze imaze gutsinda Lille ibitego 2-1 mu ijoro ryo kuri uyu wa
Rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivore Wilfried Zaha yatangaje ko adatewe ubwoba n’abafana ba Arsenal barikumutera ubwoba banamugirira ivanguraruhu aho bamuziza ko ngo yahawe penaliti y’inyibano
Rutahizamu wa Juventus ukomoka muri Portugal Cristiano Ronaldo yavuze ko asanga akwiye umupira wa zahabu w’ uyu mwaka aho yifuza kuwegukana ku nshuro ya gatandatu.
Ikipe ya Leicester City yamaze kwemeza ko abantu batanu bari mundege y’ umuherwe Vichai Srivaddhanaprabha yakoze impanuka kuwa gatandatu ntanumwe wabashije kurokoka inkongi y’ umuriro yafashe iyi
Byabaye ku mugororoba wo kuri uyu wa Gatandatu ku nyuma y’ umukino Leicester City yanganyijemo na West Ham 1-1 ubwo indege itwara umukire waguze Leceister City yakoraga impanuka ikomeye igashya
Abakunzi b’ imikino cyane cyane umupira w’ amaguru mu Rwanda bongeye gushyirwa igorora aho bazaniwe shene izajya yerekana umupira waza shampiyona zitari zikunze kugaragara hano mu Rwanda ku buntu.
Abakunzi b’ imikino cyane cyane umupira w’ amaguru mu Rwanda bongeye gushyirwa igorora aho bazaniwe shene izajya yerekana umupira waza shampiyona zitari zikunze kugaragara hano mu Rwanda ku buntu.
Abakunzi b’ imikino cyane cyane umupira w’ amaguru mu Rwanda bongeye gushyirwa igorora aho bazaniwe shene izajya yerekana umupira waza shampiyona zitari zikunze kugaragara hano mu Rwanda ku buntu.