Bimenyimana BonFils ‘Caleb’ rutahizamu wa Rayon Sports yasabye imbabazi nyuma yo gusobanura icyamuteye gukubita umufana mu mukino Rayon Sports yari yasuyemo Sunrise FC i Nyagatare.
Rutahizamu wa Juventus ukomoka muri Portugal Cristiano Ronaldo yavuze ko asanga akwiye umupira wa zahabu w’ uyu mwaka aho yifuza kuwegukana ku nshuro ya gatandatu.
Ikipe ya Leicester City yamaze kwemeza ko abantu batanu bari mundege y’ umuherwe Vichai Srivaddhanaprabha yakoze impanuka kuwa gatandatu ntanumwe wabashije kurokoka inkongi y’ umuriro yafashe iyi
Umuyobozi wa FIFA, Gianni Infantino, yagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame byibanze ku guteza imbere umupira w’amaguru uhereye mu mashuri binyuze mu mushinga witwa ‘Football for schools’.
Nyuma yo gusanga hari iminota myinshi itakarira mu gusimbuza abakinnyi mu minota y’inyongera, inteko yiga imishinga y’amategeko mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, iri kwiga uburyo
Imyanzuro irimo kwemezwa kw’ibikombe by’Isi bibiri bishya, yagombaga gufatirwa mu nama y’Ubuyobozi ya FIFA yateraniye i Kigali, yakomwe mu nkokora n’amwe mu mashyirahamwe y’umupira w’amaguru y’i
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rishobora gufatira ibihano igihugu cya Mali nyuma yaho ubutegetsi bwa Mali bugaragarije kwivanga mu miyoborere y’ umupira w’ amaguru muri Mali.
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), Gianni Infantino yashyize ibuye ry’ifatizo ahatangijwe umushinga wo kubaka hoteli ya Ferwafa, mu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru ku isi (FIFA) ryamaze gushyira umukono ku rutonde rw’ abasifuzi 20 b’ abanyarwanda bemerewe gusifura mu Rwanda ndetse no mu mikino mpuzamahanga mu mwaka wa 2017.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yazamutse imyanya 16 igera kuwa 78 ku rutonde ngaruka kwezi rw’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi rwashyizwe hanze na FIFA kuri uyu wa kane.