Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bumaze gufata umwanzuro wo gusezerera abakinnyi bagera kuri 16 barimo uwari kapiteni wayo Mugiraneza Jean Baptiste Miggy.
APR FC ihagarariye u Rwanda muri CAF Champions League izahangana na Club Africain yo muri Tunisia naho muri CAF Confederation Cup ho Mukura VS izatangira isura Free State Stars yo muri Afurika
APR FC yatanze urutonde rw’abakinnyi 28 izakoresha muri CAF Champions League 2018-19 barimo Danny Usengimana wa Tersana Sporting Club yo mu Misiri na Emery Bayisenge wa USM Alger yo muri Algeria.
Ikipe ya AS Muhanga yo mu ntara y’ amajyepfo ikomeje gutungurana muri shampiyona y’ uRwanda aho ikomeje inzira yo kwitwara neza yiyemeje kuva yazamuka mu kiciro cya mbere uyu mwaka yabishimangiye
Ikipe ya APR FC ikomeje gutangira neza shampiyona nyma yo gutsinda ikipe ya Kirehe FC ibitego 2-0 byayihesheje kuyobora shampiyona by’ agateganyo.
Ibitego bya Nshuti Savio na mugenzi Hakizimana Muhadjili nibyo bitumye ikipe y’ ingabo zi’ igihugu itahana amanita atatu imbere y’ ikipe yo mu birunga Musanze FC itabashije kubona igitego ku kibuga
Myugariro wa Rayon sports Usengimana Faustin yasabye imbabazi Abafana ba APR FC n'ikipe muri rusange ku magambo yavuze ko Kujya muri iyi kipe yari yarayobye maze avuga ko yabitewe n'ibyishimo.
Ikipe ya Rayon Sports FC niyo ibashije kwegukana igikombe cya shampiyona Azam Rwanda Premier league 2016-2017 nyuma yaho itsindiye Mukura VS bigatuma irusha APR FC manota 13 mugihe hasigaye imikino
Biraba ari ibicika mu mukino w’ amateka hagati y’amakipe abiri ahora ahanganye hano mu Rwanda aho APR FC izaba yakiriye mukeba wayo w’ ibihe byose Rayon Sports mu mukino utegerejwe kwerekana ikipe
Myugariro w’ ikipe y’ igihugu Amavubi Rwatubyaye Abdoul yongeye kugaragara mu majyaruguru ya Africa mu mujyi wa Cairo mu gihugu cya Egypt aho yarari kuri ambasade y’ u Rwanda muri iki gihugu cya